Famille Esperance Rwanda

Tel. +250 788304657 – +250 788511856 | Email : familleesperancerwanda@gmail.com

ijamboryimana

Amasomo yo kuwa gatandatu w’icyumweru cya XVII Gisanzwe. 04/08/2018

Amasomo yo kuwa gatandatu w’icyumweru cya XVII Gisanzwe. Imyaka y’imbangikane. Kuwa 4/08/2018 Abatagatifu : Mutagatifu Yohani Vianney Amasomo: Yer 26, 11-19 Zab 69 (68) Mt 14, 1-12 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo gitabo cy’Umuhanuzi Yeremiya (Yer 26, 11-19) Abaherezabitambo n’abahanuzi bari bicaye imbere y’Umuryango Mushya w’Ingoro, bamaze kumva amagambo ya Yeremiya, babwira 11abatware n’umuryango wose […]

Amasomo yo kuwa gatandatu w’icyumweru cya XVII Gisanzwe. 04/08/2018 Read More »

AMASOMO MATAGATIFU YO KUWA KABIRI W’ICYUMWERU CYA 8 GISANZWE. B MBANGIKANE(KUWA 29/5/2018)

ISOMO RYA MBERE: Isomo ryo mu Ibaruwa ya mbere ya Mutagatifu Petero Intumwa(1 Pet 1, 10-16) Bavandimwe, 10iby’uwo mukiro abahanuzi bagerageje kubikurikirana no kubisobanuza, maze bahanura ibyerekeye ineza mwari mugiye kugirirwa n’Imana. 11Bashakashakaga uko batahura igihe n’uburyo ibyo bari bumvishijwe na Roho wa Kristu wari ubarimo bizabera, nk’ ibyerekeye ububabare Kristu yagombaga kubabara, hamwe n’ikuzo

AMASOMO MATAGATIFU YO KUWA KABIRI W’ICYUMWERU CYA 8 GISANZWE. B MBANGIKANE(KUWA 29/5/2018) Read More »

Amasomo matagatifu yo kur’ uyu wa gatatu mutagatifu umwaka B.

”Isomo rya mbere Izayi 50:4-9a =========================== Nyagasani Uhoraho yampaye ururimi, ambwira icyo mvuga kugira ngo menye kuramira uwarushye. Buri gitondo arankangura, akanyigisha gutega amatwi nk’abigishwa. Nyagasani Uhoraho yanzibuye amatwi, nanjye sinabyangira, ndetse sinatezuka. Nategeye umugongo abankubitaga, imisaya yanjye nyitegeza abamfuraga ubwanwa; uruhanga rwanjye sinaruhisha abantukaga, bancira mu maso. Cyakora Nyagasani Uhoraho arantabara, agatuma ibitutsi bitanca

Amasomo matagatifu yo kur’ uyu wa gatatu mutagatifu umwaka B. Read More »

Amasomo yo kur’uyu wa kabiri w’ icyumweru cya 4 cy’ IGISIBO umwaka B.

”Isomo rya mbere Ezekiyeli 47:1-9.12 ============================= Ubwo aranjyana no ku muryango w’Ingoro, nuko mbona amazi yavubukaga mu nsi y’igitabo cy’umuryango w’Ingoro aherekera mu burasirazuba, kuko Ingoro nyine yarebaga mu burasirazuba. Ayo mazi yatembaga agana iburyo bw’Ingoro, akanyura mu majyepfo y’urutambiro. Uwo muntu aransohokana anyujije mu irembo ryo mu majyaruguru, antambagiza aho hanze kugeza ku irembo

Amasomo yo kur’uyu wa kabiri w’ icyumweru cya 4 cy’ IGISIBO umwaka B. Read More »

Amasomo y’Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatanu,23 Gashyantare 2018

Amasomo y’Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatanu,23 Gashyantare 2018 Abatagatifu twizihiza: Polikarupe Walburga Romana Dozita Lazaro. [Icyumweru cya 1 cy’Igisibo – Umwaka B Mbangikane] Isomo rya 1: Ezekiyeri 18, 21-28 Uhoraho avuze atya: «Umugiranabi naramuka yanze ibyaha byose yakoze, akubahiriza amategeko yanjye, agakora ibitunganye kandi agakurikiza ubutabera, azabaho nta bwo azapfa. 22 Ibicumuro bye

Amasomo y’Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatanu,23 Gashyantare 2018 Read More »

IJWI RY’UMWANA muri Iyi minsi ndiyumvamo kuvugira umwana!

JWI RY ‘UMWANA guha umwana umwanya 1. Kuva umwana asamwa akenera ababyeyi bombi kandi ni mu gihe bose baba babigizemo uruhare! Niyo mpamvu kuva agisamwa agomba gukundwa akitabwaho kandi akagira umwanya wihariye ngo ababyeyi be bamuganirize, bamuririmbire kandi bamubwire urukundo bamufitiye! 2. Ni ngombwa guha umwana umwanya kandi ababyeyi muri kumwe Nigeze gusaba ababyeyi kujya

IJWI RY’UMWANA muri Iyi minsi ndiyumvamo kuvugira umwana! Read More »

Amasomo yo kuwa Kabiri w’icyumweru cya 30 A Kuwa 31/10/2017 :

Gusoza ukwezi kwa Rozari ISOMO RYA MBERE Ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyaroma (Rom 8, 18-25) Bavandimwe, 18nsanga amagorwa y’igihe cy’ubu ngubu atagereranywa n’ikuzo rizatugaragarizwamo. 19Ndetse n’ibiremwa byose birarekereje ngo birebe igaragazwa ry’abana b’Imana : 20n’ubwo ibyo biremwa bitagifite agaciro, atari ku bushake bwabyo ahubwo ku bw’Uwabigennye atyo, biracyafite amizero. 21Kuko n’ibyaremwe ubwabyo bizagobotorwa ingoyi

Amasomo yo kuwa Kabiri w’icyumweru cya 30 A Kuwa 31/10/2017 : Read More »

 Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Mbere,02 Ukwakira 2017

Umunsi mukuru w’Abamalayika Barinzi [Icyumweru cya 26 Gisanzwe – Umwaka A] Isomo rya 1: Iyimukamisiri 23,20-23a Dore nohereje umumalayika imbere yawe, kugira ngo akurinde mu rugendo, maze azakwinjize mu gihugu naguteguriye. Witonde kandi wumve ijwi rye: ntuzamubere intumva, kuko atakwihanganira igicumuro cyawe, ubwo ambereye mu cyimbo. Naho niwumva ijwi rye, ugakurikiza ibyo mvuze, nzaba umwanzi

 Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Mbere,02 Ukwakira 2017 Read More »

Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Gatanu, 29 Nzeli 2017

  Umunsi mukuru w’Abamalayika Bakuru: Mikayile, Gabriyeli na Rafayire. [Icyumweru cya 25 Gisanzwe – Umwaka A]   Isomo rya 1: Daniyeli 7, 9-10.13-14. Uko nakitegereje, mbona intebe z’ubucamanza ziratewe, maze Umukambwe aricara. Umwambaro we wereranaga nk’urubura, imisatsi ye yera nk’ubwoya bw’intama. Intebe ye y’ubwami yari indimi z’umuriro, inziga zayo ari nk’umuriro ugurumana. Uruzi rw’umuriro rwaravubukaga,

Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Gatanu, 29 Nzeli 2017 Read More »

Scroll to Top