Famille Esperance Rwanda

Tel. +250 788304657 – +250 788511856 | Email : familleesperancerwanda@gmail.com

admin

IJWI RY’UMWANA muri Iyi minsi ndiyumvamo kuvugira umwana!

JWI RY ‘UMWANA guha umwana umwanya 1. Kuva umwana asamwa akenera ababyeyi bombi kandi ni mu gihe bose baba babigizemo uruhare! Niyo mpamvu kuva agisamwa agomba gukundwa akitabwaho kandi akagira umwanya wihariye ngo ababyeyi be bamuganirize, bamuririmbire kandi bamubwire urukundo bamufitiye! 2. Ni ngombwa guha umwana umwanya kandi ababyeyi muri kumwe Nigeze gusaba ababyeyi kujya […]

IJWI RY’UMWANA muri Iyi minsi ndiyumvamo kuvugira umwana! Read More »

Amasomo yo kuwa Kabiri w’icyumweru cya 30 A Kuwa 31/10/2017 :

Gusoza ukwezi kwa Rozari ISOMO RYA MBERE Ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyaroma (Rom 8, 18-25) Bavandimwe, 18nsanga amagorwa y’igihe cy’ubu ngubu atagereranywa n’ikuzo rizatugaragarizwamo. 19Ndetse n’ibiremwa byose birarekereje ngo birebe igaragazwa ry’abana b’Imana : 20n’ubwo ibyo biremwa bitagifite agaciro, atari ku bushake bwabyo ahubwo ku bw’Uwabigennye atyo, biracyafite amizero. 21Kuko n’ibyaremwe ubwabyo bizagobotorwa ingoyi

Amasomo yo kuwa Kabiri w’icyumweru cya 30 A Kuwa 31/10/2017 : Read More »

 Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Mbere,02 Ukwakira 2017

Umunsi mukuru w’Abamalayika Barinzi [Icyumweru cya 26 Gisanzwe – Umwaka A] Isomo rya 1: Iyimukamisiri 23,20-23a Dore nohereje umumalayika imbere yawe, kugira ngo akurinde mu rugendo, maze azakwinjize mu gihugu naguteguriye. Witonde kandi wumve ijwi rye: ntuzamubere intumva, kuko atakwihanganira igicumuro cyawe, ubwo ambereye mu cyimbo. Naho niwumva ijwi rye, ugakurikiza ibyo mvuze, nzaba umwanzi

 Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Mbere,02 Ukwakira 2017 Read More »

Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Gatanu, 29 Nzeli 2017

  Umunsi mukuru w’Abamalayika Bakuru: Mikayile, Gabriyeli na Rafayire. [Icyumweru cya 25 Gisanzwe – Umwaka A]   Isomo rya 1: Daniyeli 7, 9-10.13-14. Uko nakitegereje, mbona intebe z’ubucamanza ziratewe, maze Umukambwe aricara. Umwambaro we wereranaga nk’urubura, imisatsi ye yera nk’ubwoya bw’intama. Intebe ye y’ubwami yari indimi z’umuriro, inziga zayo ari nk’umuriro ugurumana. Uruzi rw’umuriro rwaravubukaga,

Amasomo y’Igitambo cy’Ukaristiya cyo ku wa Gatanu, 29 Nzeli 2017 Read More »

Amasomo yo ku wa kabiri, Icya 25 gisanzwe, A

Amasomo yo ku wa kabiri, Icya 25 gisanzwe, A Isomo rya mbere: Ezira 6,7-8.12b.14-20 _________ Nimureke umutegetsi w’Abayahudi n’abatware babo bakomeze imirimo yabo, maze Ingoro y’Imana yubakwe aho yahoze na mbere. Dore kandi amategeko ntanze yerekeye uko muzafasha abakuru b’Abayahudi, kugira ngo Ingoro y’Imana yubakwe: muzafate ku mutungo w’umwami, ukomoka ku misoro y’ibihugu by’iburengerazuba bwa

Amasomo yo ku wa kabiri, Icya 25 gisanzwe, A Read More »

Amasomo yo Ku munsi wa Mutagatifu Matayo Kuwa 21/09/2017

  Isomo rya 1: Abanyefezi 4,1-7.11-13 Bavandimwe, ubu rero, jyewe uri ku ngoyi nzira Nyagasani, ndabinginga ngo mugenze mu buryo bukwiranye n’ubutore bwanyu: nimubane mu rukundo, murangwe n’ubwiyoroshye, n’ituze, n’ubwiyumanganye, mwihanganirane muri byose, kandi mwihatire kugumana umutima umwe ubahuza mu mahoro. Nk’uko Umubiri ari umwe na Roho akabe umwe, ni na ko mwahamagariwe gusangira ukwizera

Amasomo yo Ku munsi wa Mutagatifu Matayo Kuwa 21/09/2017 Read More »

Amasomo yo ku wa gatatu 20/09/2017 icya 24 gisanzwe, A

  Isomo rya 1: 1 Timote 3, 14-16 Nkoramutima yanjye, ibyo mbikwandikiye nizera ko nzaza vuba nkagusanga. Nyamara ariko ndamutse ntinze, ni ngombwa ko umenya uko wifata mu nzu y’Imana: ndashaka kuvuga Kiliziya y’Imana nzima, yo nkingi ishyigikiye ukuri. Rwose nta watinya kubivuga, iyobera ry’ubusabaniramana rirakorneye : Kristu yigaragarije muri kameremuntu, aba intungane ku bwa

Amasomo yo ku wa gatatu 20/09/2017 icya 24 gisanzwe, A Read More »

Amasomo yo ku wa Gatatu w’icyumweru cya 23, A

Amasomo yo ku wa Gatatu w’icyumweru cya 23, A Ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyakolosi (Kol 3,1-11) Bavandimwe, 1ubwo mwazukanye na Kristu, nimuharanire ibyo mu ijuru aho Kristu ari, yicaye iburyo bw’Imana ; 2nimurangamire iby’ijuru, aho kurarikira iby’isi. 3Koko mwapfanye na Kristu, none ubugingo bwanyu bwihishe hamwe na We mu Mana. 4Aho Kristu azigaragariza, We

Amasomo yo ku wa Gatatu w’icyumweru cya 23, A Read More »

Scroll to Top