itangazo ry umwiherero

itangazo ry umwiherero
by
  • Famille Espérance (Urugo nirwo mizero) ishimishijwe no gutumira ababyeyi bibana mu mwiherero wabateganirijwe uzaba kuri 11 & 12/6/2016 kuri Domus Pacis. Ku wa gatandatu tariki ya 11/6 uzatangira sa munani kugeza sa kumi n’imwe, naho ku cyumweru kuri 12/6 uzatangira sa mbiri n’igice urangire sa kumi. Insanganyamatsiko :
    “Intera z’imikurire y’umwana, uburyo bwo kumufasha n’ingaruka bimugiraho amaze gukura”. Contribution ni 3000frw ku muntu. Kwiyandikisha bizarangira ku itariki ya 9/6 sa sita z’amanywa.
    Dore aho mwakwiyandikisha :
    1. Diane 078 874 00 22
    2. Joséphine 078 850 53 24
    3. Spéciose 078 853 29 28.
    Mushobora kwishyura kuri compte ya Famille Espérance iri muri BK, yitwa Mukantagara Lydivina & Umubyeyi Diane number 00043-0640232-02. Kuba mwarishye mbere biduha kumenya neza umubare kugirango tubitegure neza. Ku cyumweru tuba dufite na misa yacu. Imana ibahe umugisha. Joséphine, umuyobozi w’Ishami ry’ababyeyi bibana muri Famille Espérance
  • Yezu akuzwe. Famille Espérance (Urugo ni rwo mizero) ifasha abashakanye kwitoza kubaka ingo zinogeye Imana ishimishijwe no kubatumira mu mwiherero w’abashakanye ndetse n’ababyitegura (fiancés) mu mwiherero uzabahuza ku cyumweru tariki ya 12/6 i Rwamagana mu kigo cy’ababikira ba Mutagatifu Agusitini (Centre St Augustin) kuva sa mbiri n’igice kugeza sa munani. Insanganyamatsiko : “Umuhamagaro w’abashakanye mu mpinduka z’iki gihe”. Uwo munsi tuzagira na missa. Kuzira igihe ni ukubahiriza itegeko ry’urukundo rw’Imana n’urwa mugenzi wacu. Murakaza neza. Sr Immaculée

  • Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *