Famille Esperance Rwanda

Tel. +250 788304657 – +250 788511856 | Email : familleesperancerwanda@gmail.com

admin

Antoni Mariya Klareti (1807-1870) Umwepisikopi

Antoni Mariya Klareti yabaye umusaseridoti w’imena muri Kiliziya. Yavukiye i Salenti mu ntara ya Katalonye, mu gihugu cya Hispaniya, ku itariki 23 Ukuboza 1807, avuka ku babyeyi bakennye cyane. Ni umwana wa gatanu mu bana cumi n’umwe bava inda imwe. Se witwaga Yohani Klareti yari umuboshyi w’imyambaro. Antoni Yize umwuga wa se ariko padiri mukuru […]

Antoni Mariya Klareti (1807-1870) Umwepisikopi Read More »

Urugo rwo muri Faes rwizihije imyaka 15 rubana mu munezero

Tariki 14/7/2021 urugo rwo muri FAES rwizihije imyaka 15 rubana mu munezero. Yvette niwe utangira akivugira uko ameze. Thérésphore agasubiza.Ijuru rito rirashobokaNimwiyumvireSois loué Seigneur pour ta grandeur, sois loué pour tous tes bienfaits, gloire à toi Seigneur, tu es vainqueur, ton amour innonde nos coeurs, que ma bouche chante ta louange…Bavandimwe bacu, mudufashe gushima Imana

Urugo rwo muri Faes rwizihije imyaka 15 rubana mu munezero Read More »

Amasomo yo ku wa Kabiri, icya XXIII gisanzwe, C

ISOMO RYA MBERE: Abanyakolosi 2, 6-15 Bavandimwe, 6nimukomeze mujye mbere muri Kristu Yezu mbese nk’uko mwamubwiwe; 7mushore imizi muri We kandi mube ari We mwishingikirizaho, mukomejwe n’ukwemera babatoje, mushimira Imana ubudahwema. 8Muramenye ntihazagire ubashukisha bene za nyigisho z’ubuhendanyi bita ubuhanga bwahebuje, zihuje n’ibitekerezo by’ubuyobe bw’abantu, zigashingira ku by’isi, ariko ziyuranye na Kristu. 9Koko rero ni

Amasomo yo ku wa Kabiri, icya XXIII gisanzwe, C Read More »

Amasomo yo kuwa mbere w’icyumweru cya 21 gisanzwe – C

Isomo ryo mu Ibaruwa ya mbere Pawulo Mutagatifu yandikiye Abanyatesaloniki 1,1-5.8b-10. 1Jyewe Pawulo, na Silivani, na Timote kuri Kiliziya y’Abanyatesaloniki, yibumbiye ku Mana Data no kuri Nyagasani Yezu Kristu: tubifurije ineza n’amahoro. 2Iyo tubibutse mu masengesho yacu, ntiduhwema gushimira Imana kubera mwebwe mwese. 3Duhora twibuka ibikorwa byiza n’ukwemera kwanyu, n’imiruho muterwa n’urukundo rwanyu, n’ukuntu mwiringiye

Amasomo yo kuwa mbere w’icyumweru cya 21 gisanzwe – C Read More »

Amasomo yo ku wa gatanu w’icyumweru cya XVIII gisanzwe. Imyaka y’igiharwe.

Amasomo: Ivug 4, 32-40 Zab 77 (76) Mt 16, 24-28 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Ivugururamategeko (Ivug 4, 32-40) Muri iyo minsi, Musa abwira imbaga y’Abayisraheli ati 32«Ngaho baza ibihe byakubanjirije, uhereye ku munsi Imana yaremeyeho abantu ku isi, ubaririze kandi uhereye ku mpera y’isi ukagera ku yindi: Hari ikintu gikomeye nk’iki kigeze

Amasomo yo ku wa gatanu w’icyumweru cya XVIII gisanzwe. Imyaka y’igiharwe. Read More »

AMASOMO N’INYIGISHO YO KUWA GATATU W’ICYIMWERU CYA XVI GISANZWE (24/07/2019).

YEZU ATUBIBAMO UBUGINGO BW’ITEKA. AMASOMO N’INYIGISHO YO KUWA GATATU W’ICYIMWERU CYA XVI GISANZWE, UMWAKA C W’IGIHARWE(24/07/2019). Abatagatifu: Kristina, Kristiyana. ISOMO RYA MBERE. Isomo ryo mu gitabo cy’Iyimukamisiri (Iyim 16, 1-5.9-15). 1Imbaga yose y’Abayisraheli ihaguruka Elimu, itaha mu butayu bwa Sini buri hagati ya Elimu na Sinayi; hari ku munsi wa cumi n’itanu w’ukwezi kwa kabiri

AMASOMO N’INYIGISHO YO KUWA GATATU W’ICYIMWERU CYA XVI GISANZWE (24/07/2019). Read More »

Amasomo yo kuri uyu wa Mbere, icya XVI gisanzwe,C

ISOMO RYA MBERE: Iyimukamisiri 14, 5-18 Bukeye, 5umwami wa Misiri aza kumenya ko umuryango w’Abayisraheli wacitse. Ubwo ngubwo umutima wa Farawo n’uw’abagaragu be urabirinduka ; maze baravuga bati « Byagenze bite rwose kugira ngo tureke Abayisraheli bagenda, be kuzadukorera ukundi ? » 6Nuko Farawo azirikisha amafarasi ku igare rye akoranya n’ingabo ze baragenda. 7Yajyanye amagare

Amasomo yo kuri uyu wa Mbere, icya XVI gisanzwe,C Read More »

Amasomo yo kuri uyu wa Mbere w’icyumweru cya XV gisanzwe, C

Kuwa 15/7/2019 Abatagatifu : Bonaventure Amasomo: Iyimukamisiri 1, 8-14.22 Muri icyo gihe, 8mu gihugu cya Misiri haza kwima undi mwami utari waramenye Yozefu. 9Abwira ingabo ze ati « Dore umuryango w’Abayisraheli uranga ukaturuta ubwinshi, kandi ukaturusha amaboko. 10Nimucyo tuwigire ubwenge, ejo utazarushaho kugwira, maze intambara yatera ukifatanya n’abanzi bacu ukaturwanya, hanyuma ukazava muri iki gihugu

Amasomo yo kuri uyu wa Mbere w’icyumweru cya XV gisanzwe, C Read More »

Scroll to Top