SHALOM. NTUKABIBE IKIBI! Hari igihe umuntu abaho akora nabi aho anyuze hose. Ubuhemu bugahinduka isura yawe. Menya ko hari igihe uzasarura ibyo wabibye. Kenshi amatwi arimo icyaha ntiyumva ariko iyo…
SHALOM. UGIFITE UMWANYA! Ntuzasaze imburagihe kuko igihe nikigucika ntuzagisubiza inyuma. Ubuto bwawe ubukoreshe neza. Wishime, uge aho ushaka kandi ukore ibyo ushoboye ngo unezerwe. Witonde ariko ntucumure. Nawe wageze mu…
SHALOM. KUBAHO UTARIHO! Kubaho si ukwigerezaho. Birashoboka kubaho neza kandi utabuze ibibazo. Ntukihebe kuko hari igihe wirirwa uvuga uti kubaho bimariye iki? Ese navukiye kubabara? Kuki mporana ibigeragezo? Kuki ari…
Amasomo: Mubw 1, 2-11 Zab 90(89) Lk 9, 7-9 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Umubwiriza (Mubw 1, 2-11) 2 Koheleti yaravugaga ati « Ibintu ni ubusa, ni ubusabusa…
Amasomo: Imig 30, 5-9 Zab 119 (118) Lk 9, 1-6 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Imigani (Imig 30, 5-9) 5 Ijambo ry’Uhoraho rikwiye kwizerwa, umwiringiye rimubera ingabo imukingira.…
SHALOM. IGIHE CYAWE! Ntukagipfushe ubusa kuko ntikijya gisubira inyuma. Umwanya wose ufite wukoremo ibyiza. Iyo udafite icyo ukora Sekibi iragusura ikaguha akazi kayo kandi kaganisha mu cyaha. Uge rero uhora…
Isomo rya mbere : Imigani 3, 27-34 _______________ Mwana wanjye, 27 Ntukirengagize kugirira neza ubikeneye kandi ubishoboye. 28 Niba ufite icyo agusaba, ntukamubwire ngo « Genda uzagaruke ejo ni ho…
Amasomo: Buh 2, 12. 17 -20 Zab 54 (53) Yak 3, 16-18; 4,1-3 Mk 9,30-37 ISOMO RYA MBERE ______________________ Isomo ryo mu gitabo cy’Ubuhanga (Buh 2, 12. 17 -20) Abagome…
SHALOM. KUKO NDIHO! Kubaho ni iby'agaciro. Bitanga imbaraga kandi burya buri munsi ubuzima buravuka. Ntukarambirwe kubaho kuko ubutumwa bwawe buba bugikomeje. Igihe cyose uhumeka uge umenya ko ufite umwenda wo…
SHALOM. IBYO UBAZWA! Bikore neza kandi ubikorane urukundo. Kubaho ni ukwitanga. Iyo wireba ukumva byose byakugarukiraho burya uba urwaye kandi urembye. Umwanya uha abandi ugaragaza urukundo wifitemo. Ntawe ureba mi…