Famille Esperance Rwanda

Tel. +250 788304657 – +250 788511856 | Email : familleesperancerwanda@gmail.com

ijamboryimana

Amasomo yo ku cyumweru cya IV cy’Igisibo. Umwaka wa Liturujiya C.

Amasomo: Yoz 5, 9-12 Zab 34(33) 2Kor5, 17-21 Lk 15, 1-3.11-32 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’ umuhanuzi Yozuwe (Yoz 5, 9-12) Bamaze kwambuka Yorudani, Abayisraheli baca ingando i Giligali, maze ku munsi wa cumi n’ine w’ukwezi nimugoroba, bahimbaza Pasika mu kibaya cya Yeriko. Nuko bukeye bwa Pasika barya imbuto zo muri icyo […]

Amasomo yo ku cyumweru cya IV cy’Igisibo. Umwaka wa Liturujiya C. Read More »

AMASOMO MATAGATIFU YO KUWA MBERE W’ICYUMWERU CYA 4 CY’IGISIBO (KUWA 1/4/2019)

Amasomo: Iz 65, 17-21 Zab 30(29) Yh 4, 43-54 Abatagatifu: Hugo, Valeri na Welarisi ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Umuhanuzi Izayi (Iz 65,17-21) Uhoraho aravuga ati “Dore ngiye kurema ijuru rishya n’isi nshya, bityo ibya kera byoye kuzibukwa ukundi, kugeza ubwo bitagitekerezwa. Ahubwo ibyo ngiye kurema ni ibyishimo n’umunezero bizahoraho, kuko umunezero nzarema

AMASOMO MATAGATIFU YO KUWA MBERE W’ICYUMWERU CYA 4 CY’IGISIBO (KUWA 1/4/2019) Read More »

Amasomo yo ku wa kabiri w’icyumweru cya IV cy’Igisibo

Amasomo: Ezk 47, 1-9.12 Zab 46(45) Yh 5, 1-3a. 5-16 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Umuhanuzi Ezekiyeli (Ezk47, 1-9.12) Ubwo aranjyana no ku muryango w’Ingoro, nuko mbona amazi yavubukaga mu nsi y’igitabo cy’umuryango w’Ingoro aherekera mu burasirazuba, kuko Ingoro nyine yarebaga mu burasirazuba. Ayo mazi yatembaga agana iburyo bw’Ingoro, akanyura mu majyepfo y’urutambiro.

Amasomo yo ku wa kabiri w’icyumweru cya IV cy’Igisibo Read More »

Amasomo yo ku wa gatatu w’icyumweru cya IV cy’Igisibo

Amasomo: Iz 49, 8-15 Zab 145(144) Yh 5,17-30 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Umuhanuzi Izayi (49,8-15) Uhoraho avuze atya: Igihe cy’ubutoneshwe naragusubije, ku munsi wo gukizwa naragutabaye, ndaguhanga, nkugenera kuvugurura isezerano nagiranye n’imbaga nyamwinshi, kugira ngo mbyutse igihugu, maze nsubize iminani abari barayinyazwe. Imfungwa nzazibwire nti «Nimusohoke.» n’abari mu mwijima nti «Nimujye ahabona.»

Amasomo yo ku wa gatatu w’icyumweru cya IV cy’Igisibo Read More »

AMASOMO YO KUWA MBERE (KUWA 04/03/2019).

Abatagatifu: Kazimiri, Lusiyusi. ISOMO RYA MBERE. Isomo ryo mu gitabo cya Mwene Siraki(Sir 17,24-29). 24Abicuza, Uhoraho abaha kwisubiraho kandi agatera inkunga abagishidikanya.25Garukira Uhoraho wange ibyaha, iyambaze uruhanga rwe ureke kumucumuraho. 26Garukira Umusumbabyose wiyame ubuhemu, kandi wamaganire kure igiterashozi cyose. 27Mu by’ukuri se hari uwasingiriza Uhoraho ikuzimu, mu kigwi cy’abazima batamusenga? 28Uwapfuye hari uwo yashobora kurata

AMASOMO YO KUWA MBERE (KUWA 04/03/2019). Read More »

Amasomo yo ku wa gatanu w’icyumweru cya V gisanzwe. Imyaka y’igiharwe

Amasomo : Intg 3, 1-8 Zab 32(31) Mk 7,31-37 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu gitabo cy’Intangiriro (Intg 3, 1-8) 1Inzoka yari inyaryenge kurenza izindi nyamaswa zose zo mu gasozi, Uhoraho yari yarahanze. Ibaza umugore iti «Koko Imana yaravuze ngo ntimukagire igiti cyo muri ubu busitani muryaho?» 2Umugore asubiza inzoka ati «Imbuto z’ibiti byo muri

Amasomo yo ku wa gatanu w’icyumweru cya V gisanzwe. Imyaka y’igiharwe Read More »

Amasomo yo ku wa gatatu w’icyumweru cya III gisanzwe. Imyaka y’igiharwe.

Amasomo: Heb 10, 11-18 Zab 110(109) Mk 4, 1-20 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu ibaruwa yandikiwe Abahebureyi (Heb 10, 11-18) Bavandimwe, mu Isezerano rya kera 11igihe umuherezabitambo wese ahora ahagaze ngo akore buri munsi imihango, atura kenshi ibitambo bihora ari bimwe kandi bidashobora kuvanaho ibyaha, 12Kristu We, aho amariye guhereza igitambo rukumbi gihongerera ibyaha,

Amasomo yo ku wa gatatu w’icyumweru cya III gisanzwe. Imyaka y’igiharwe. Read More »

Amasomo yo Kuri uyu wa gatanu , 25 Mutarama

Ihinduka rya Mutagatifu Pawulo, Intumwa. Isomo rya mbere : Ibyakozwe n’Intumwa 22, 3-16 Muri iyo minsi, Abayahudi b’i Yeruzalemu bashakaga kwica Pawulo, maze yiregura avuga ati 3«Ndi Umuyahudi, navukiye i Tarisi ho muri Silisiya, ariko narerewe muri uyu mugi; nigishwa na Gamaliyeli, antoza kwita byuzuye ku Mategeko y’abasekuruza. Imana nyirwanira ishyaka nk’uko namwe murirwana uyu

Amasomo yo Kuri uyu wa gatanu , 25 Mutarama Read More »

Amasomo yo ku wa mbere w’icyumweru cya II gisanzwe. Imyaka y’Igiharwe.5

Kuwa 21/1/2019 Abatagatifu :Anyesi Amasomo: Heb 5, 1-10 Zab 110 (109) Mk 2, 18-22 ISOMO RYA MBERE Isomo ryo mu ibaruwa yandikiwe Abahebureyi (Heb5, 1-10) Bavandimwe, 1umuherezabitambo mukuru wese atorwa mu bantu, kandi agashyirirwaho gufasha abantu mu mubano wabo n’Imana; ashinzwe guhereza amaturo n’ibitambo bihongerera ibyaha. 2Ubwo na we ari umunyantege nke muri byinshi, ashobora

Amasomo yo ku wa mbere w’icyumweru cya II gisanzwe. Imyaka y’Igiharwe.5 Read More »

Amasomo yo kuri uyu wa Kabiri, icya 2 gisanzwe, C

Kuwa 22/1/2019 Abatagatifu : Visenti ISOMO RYA MBERE: Abahebureyi 6, 10-20 Bavandimwe, 10Imana rwose ntirenganya, ntishobora kwibagirwa umwete wanyu n’urukundo mwagaragarije izina ryayo, mufasha abatagatifujwe nk’uko n’ubu mukibikomeje. 11Cyakora, icyo twifuza ni uko buri wese yakomeza iryo shyaka rizamugeza ku ndunduro y’ibyo yizeye. 12Bityo rero, umurego wanyu ntugacogore, ahubwo mukurikize urugero rw’abahawe umurage wabasezeranijwe, babikesheje

Amasomo yo kuri uyu wa Kabiri, icya 2 gisanzwe, C Read More »

Scroll to Top